ITANGAZO

Turifuza kubamenyesha ko umwe mu bahatanaga ari we Nkusi Lynda [No. 43] yavuye muri Miss Rwanda 2022. Mu ibaruwa yandikiye ubuyobozi bwa Miss Rwanda Organisation, Nkusi yavuze ko avuye mu irushanwa kubera impamvu bwite / z’umuryango.

Miss Rwanda

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *